Verse 1
- Nzi ibyo nibwira kubagirira
- Si ibibi ahubwo ni ibyiza
- Kugira ngo mbareme umutima
- W'ibizaza ndabakunda
Verse 2
- Ngaho mugende mubwire abababaye
- Muhumurize abakomeretse
- Mubabwire baze barebe
- Dufite Imana itajya ihinduka
Verse 3
- Yadusanze twigaragura
- Mu ivata idukuramo
- Iratweza iratubabarira
- Ikiruta ibindi idusezeranya ubugingo
Verse 4
- Ninde ushaka kugira ubwiza
- Ukeneye icyubahiro
- Ngaho nagende abishakishe
- Gukora ibyiza ubudacogora
Verse 5
- We ntiyite ku maso y'abantu
- Kuko ubwabo ntibamukunda
- Ahubwo yite ku izina mwita
- Kuko ndi Imana yamuremye
Verse 6
- Ninde ushaka kugira ubwiza
- Ukeneye icyubahiro
- Ngaho nagende abishakishe
- Gukora ibyiza ubudacogora
Verse 7
- We ntiyite ku maso y'abantu
- Kuko ubwabo ntibamukunda yo
- Ahubwo yite ku izina mwita
- Kuko ndi Imana yamuremye
Verse 8
- Nzi ibyo nibwira kubagirira
- Si ibibi ahubwo ni ibyiza
- Kugira ngo mbareme umutima
- W'ibizaza ndabakunda
Verse 9
- Ngaho mugende mubwire abababaye
- Muhumurize abakomeretse
- Mubabwire baze barebe
- Dufite Imana itajya ihinduka
Verse 10
- Yadusanze twigaragura
- Mu ivata idukuramo
- Iratweza iratubabarira
- Ikiruta ibindi idusezeranya ubugingo
Verse 11
- Ngaho genda uhagarare ku munara
- Utegereze icyo nzavuga
- Wimire amajwi yose ya Satani
- Uhore witoza gukiranuka
Verse 12
- Genda usenge wongere usenge
- Ooo wongere usenge
- Utandukanye gusenga kwawe
- Kuko ari ho nzagukiriza
- Nzatanga ingabo nyinshi zipfe ku bwawe
Verse 13
- Genda usenge wongere usenge
- Ooo wongere usenge
- Utandukanye gusenga kwawe
- Kuko ari ho nzagukiriza
- Nzatanga ingabo nyinshi zipfe ku bwawe
Verse 14
- Nzi ibyo nibwira
- Nzi ibyo nibwira kubagirira
- Si ibibi ahubwo ni ibyiza
- Kugira ngo mbareme
- Kugira ngo mbareme umutima
- W'ibizaza ndabakunda
Verse 15
- Ngaho mugende
- Ngaho mugende mubwire abababaye
- Mubwire bose
- Muhumurize abakomeretse
- Mubabwire yuko
- Mubabwire baze barebe
- Dufite Imana itajya ihinduka
Verse 16
- O iyo Mana yadusanze
- Yadusanze twigaragura
- Mu ivata idukuramo
- Maze iratweza
- Iratweza iratubabarira
- Ikiruta ibindi idusezeranya ubugingo
Verse 17
- O iyo Mana yadusanze
- Yadusanze twigaragura
- Mu ivata idukuramo
- Iratweza
- Iratweza iratubabarira
- Ikiruta ibindi idusezeranya ubugingo
Verse 18
- Ngaho mugende mubwire abababaye
- Muhumurize abakomeretse
- Mubabwire baze barebe
- Dufite Imana itajya ihinduka
Verse 19
- Yadusanze twigaragura
- Mu ivata idukuramo
- Iratweza iratubabarira
- Ikiruta ibindi idusezeranya ubugingo