Verse 1
- Amahitamo yanjye
- Yabaye wowe gusa
- Igihe waziye ( Igihe waziye )
- Nasanze ntawakuruta
- Ntanuravuka
- Byose nasanze tubisangiye
- Ndakubura nkaba stressée
- Je comprends pas
- Baby
Pre Chorus
- Nanga kwifata uko mbonye
- Ngo utazansiga
- Ibyanjye bikaribwa n’inyoni
- Ibyo unkorera ntavuze
- Mbona ari maji
- Je besoin de toi
- À dans ma vie
Chorus
- Monalisa wanjye
- Sinzakuva iruhande
- Sinzatuma hari ikikuriza
- T’enquête pas
- Monalisa wanjye
- Sinzakuva iruhande
- Sinzatuma hari ikikuriza
- T’enquête pas
- Ngaho fata poz
- Umutima utuze
- Sinzatuma hari ikikuriza
- T’enquête pas
- Ngaho fata poz
- Umutima utuze
- Sinzatuma hari ikikuriza
- T’enquête pas
Verse 2
- Wampaye title baby
- Gusa ntacyo utakoze
- Kuva igihe waziye
- Waraje irungu riragenda
- Ingeso mbi ziragenda
- None ubuzima buragenda
- Ntago ngitinya
- Ubu nanakwitanga
- Ni ukuri rata
- Dore nawe twanajya impaka
- Ntawe twasigana
- Sinkunda ibinsaza
- Entres
- Tuzisanga
- N’izina rya Mama
- Mbikira iryo banga
Pre Chorus
- Nanga kwifata uko mbonye
- Ngo utazansiga
- Ibyanjye bikaribwa n’inyoni
- Ibyo unkorera ntavuze
- Mbona ari maji
- Je besoin de toi
- À dans ma vie
Chorus
- Monalisa wanjye
- Sinzakuva iruhande
- Sinzatuma hari ikikuriza
- T’enquête pas
- Monalisa wanjye
- Sinzakuva iruhande
- Sinzatuma hari ikikuriza
- T’enquête pas
- Ngaho fata poz
- Umutima utuze
- Sinzatuma hari ikikuriza
- T’enquête pas
- Ngaho fata poz
- Umutima utuze
- Sinzatuma hari ikikuriza
- T’enquête pas
- Sinzatuma hari ikikuriza
- T’enquête pas