Verse 1
- Ndashaka kubanga
- Mbange cyane
- Wowe mbwire abanzi bawe gusa
- Maze menya unkunda
- Ngufata nkinyanja
- Nzoga cyane
- Nkingurira umutima wawe
- Nze ninjire
Verse 1
- Nibyambaho
- Ntibyambaho
- Ko nkunda
- Undi utari wowe
- Uri indabo
- Uri indabo
- Nikundira
- Kuko mpora nzuhira
- Si mfite kuba naba undi
- Sinibona nakunze undi
- Niwowe somo naminuje
Pre Chorus
- Sinarinzi ko ngukunda bigeze aha
- Niyo bose bashira (uzambona)
- Njyewe nzahaguma uzahansanga
- I wanna be the one you call
- Uzakubera urwibutso
- Aho uzansiga niho uzansanga
Chorus
- Sèrela
- Kuva ubyutse
- Kugeza uryamye
- Sèrela
- Kurutugu rwanjye
- Nihi uzaririra
- Nibashaka bashire
Verse 2
- Nakoze ikisa ndarangara
- Ndangarira undi
- Ibaze ko nasanze ari wowe narebaga
- Girl I realised that your body
- Your mind and soul
- Is all I need
- Girl ni wowe kampara
- Erega uri uwa agaciro ntazata
- Mutima wera nkamata Yooh
- T’es ma fièrite
- Priorité
- Majorité
Pre Chorus
- Sinarinzi ko nkunda bigeze aha
- Niyo bose bashira (uzambona)
- Njyewe nzahaguma uzahansanga
- I wanna be the one you call
- Uzakubera urwibutso
- Aho uzansiga niho uzansanga
Chorus
- Sèrela
- Kuva ubyutse
- Kugeza uryamye
- Sèrela
- Kurutugu rwanjye
- Nihi uzaririra
- Nibashaka bashire