Verse 1
- Twahuriye Snap
- Ansaba kubomora
- Eehh
- Mbonye uko byogoshe
- Ndabisokoza
- Eehh
- Aba ari horny
- Sinzi ikimwongoza
- Eehh
- Ndi n’umusani
- Nawe urabibona
Pre Chorus
- Wimpondagura ingumi
- Ngo turapfa inkumi
- Kuko na nyina w’undi
- Nawe yibaruka inkumi
- Wimpondagura ingumi
- Ngo turapfa inkumi
- Kuko na nyina w’undi
- Nawe yibaruka inkumi
Chorus
- Have have utankotoza
- Si n’amakosa
- Ni wowe uri kwikoroga
- Si n’amakosa
- Izi shawty zirakubiye
- Si n’amakosa
- Njyewe nawe baradukinnye
- Si n’amakosa
- Wewo wewo
- Si n’amakosa
- Wewo wewo
- Si n’amakosa
- Wewo wewo
- Si n’amakosa
- Wewo wewo
- Si n’amakosa
Verse 2
- Bury’ankumbura nibyo bintungura
- Rimwe na rimwe nkabona amfuhira
- Ndamukatira ntajya ava ku izima
- Ngo ahora ansengera iyo ari ku iJummah
- Simukunda ariko aranshinura
- Iyo turikumwe arankorera
- Aba ashaka tubyine iz’ingwatira
- Umujeune nkaguma mukatira
- Sinzi ibyo nkora niba aribyo
- Gusa njye singira ibikabyo
- Aho ngeze hahora imirabyo
- Kudukoryo twinshi nka Ronaldo
- Ufite plan yo kumuta amago
- Njye mfite iyo kumuta mubihano
Pre Chorus
- Wimpondagura ingumi
- Ngo turapfa inkumi
- Kuko na nyina w’undi
- Nawe yibaruka inkumi
- Wimpondagura ingumi
- Ngo turapfa inkumi
- Kuko na nyina w’undi
- Nawe yibaruka inkumi
Chorus
- Have have utankotoza
- Si n’amakosa
- Ni wowe uri kwikoroga
- Si n’amakosa
- Izi shawty zirakubiye
- Si n’amakosa
- Njyewe nawe baradukinnye
- Si n’amakosa
- Wewo wewo
- Si n’amakosa
- Wewo wewo
- Si n’amakosa
- Wewo wewo
- Si n’amakosa
- Wewo wewo
- Si n’amakosa