Verse 1
- Twa horaga twigunze kandi tubabaye
- Mu icuraburindi tutarakumenya
- Ibyaha byari byara tubanye urusobe
- Kera tutaramenya ineza yawe
- Twe twarahiriwe turayimenya
- Turirimbe ineza ya Nyagasani
- Twe twarahiriwe turayimenya
- Turirimbe ineza ya Nyagasani.
Chorus
- Atubahafi igihe cyose
- Nta na kimwe kitubaho atakizi
- N'ubwo duhura n'ibigeragezo
- Bikadutera gushidikanya
- Ntabeshya kuko asubiriza igihe
- Igihe ni kigera uzasubizwa
- Ntabeshya kuko asubiriza igihe
- Igihe ni kigera uzasubizwa
Verse 2
- Azura abapfuye abarwayi bagakira
- Nta wundi wabikora uretse yezu we wenyine
- Gu kira nta kindi bisaba kumwemera gusa
- Aba tamwemera bari mu buyobe
- Twe twarahiriwe turayimenya
- Turirimbe ineza ya Nyagasani
- Twe twarahiriwe turayimenya
- Turirimbe ineza ya Nyagasani.
Chorus
- Atubahafi igihe cyose
- Nta na kimwe kitubaho atakizi
- N'ubwo duhura n'ibigeragezo
- Bikadutera gushidikanya
- Ntabeshya kuko asubiriza igihe
- Igihe ni kigera uzasubizwa
- Ntabeshya kuko asubiriza igihe
- Igihe ni kigera uzasubizwa
Verse 2
- Ibikorwa bye ntibigira ihere zo
- Kandi i bye ntibikorwa mu muhezo
- Tangira usenge ushyizeho umwete
- Ntabute kandi ufite ishyaka ryinshi
- Twe twarahiriwe turayimenya
- Twihangane asubiriza igihe
- Twe twarahiriwe turayimenya
- Twihangane asubiriza igihe
Chorus
- Atubahafi igihe cyose
- Nta na kimwe kitubaho atakizi
- N'ubwo duhura n'ibigeragezo
- Bikadutera gushidikanya
- Ntabeshya kuko asubiriza igihe
- Igihe ni kigera uzasubizwa
- Ntabeshya kuko asubiriza igihe
- Igihe ni kigera uzasubizwa
Outro
- ( Atubahafi ) Atubahafi igihe cyose ( Cyose )
- Nta na kimwe kitubaho atakizi (Atakizi )
- Nu bwo duhura n'ibigeragezo (Bikadutera )
- Bikadutera gushidikanya (Gushidikanya )
- Ntabeshya kuko asubiriza igihe ( Ohhhh )
- Igihe ni kigera uzasubizwa ( Yezu ntajya abeshya )
- Ntabeshya kuko asubiriza igihe ( Humura )
- Igihe ni kigera uzasubizwa