Verse 1
- Sha ningucira isiri ntugire ubwoba
- Na rubanda baranzi njye ndaryoshya (fine)
- Ntabwo ari ukwigirasha
- Njye nda bonga
- Just making love nawe gusa
- Reka gutinya tinya wowe uransaza
- Aho uri hose nahagera
- Dore wamfashe wese
- Nenda no gusara
Pre chorus
- Aya mahera umbonana nayo nayaguha
- Ibyawe nibyo byanjye
- Waramfashe
- Jya ubabwira ko tunapendana sana ( penda sana )
- Barasaze
- Ngo uyu mwana ntg azakumara ifemba rya december
Chorus
- Umara imbeho
- Kesho na Leo
- Mvugiriza imanda
- Ndumva byenda gupanda
- Erega iby’ejo
- Bibara ab’ejo
- Wikwinemfaguzwa
- Kdi numva nenda gupfa
Verse 1
- Umara imbeho
- Kesho na Leo
- Uzamura sentiments sana kdi sana
- Erega iby’ejo
- Bibara ab’ejo
- Wikwinemfaguzwa
- Kdi numva nenda gupfa
Verse 2
- Mpa care
- Hata care nka mayor
- Aah
- Ba fair
- Rekana n’abafera
- Ey
- Mpa care
- Hata care nka mayor
- Aah
- Ba fair
- Rekana n’abafera
Verse 2
- Urabizi utari hor*y sinjya horo
- Kdi iyo utameze fresh
- Njye ndapfusha
- Yeah
- Uri ready ngufubike
- Cg tubisubike
- Amaso akunda ngo ntareba
- Nanarwara
- Nkubuze ubu nagira nte
- Ntawundi nakunda
- Uretse mbonye copy yawe
Pre chorus
- Aya mahera umbonana nayo nayaguha
- Ibyawe nibyo byanjye
- Waramfashe
- Jya ubabwira ko tunapendana sana ( penda sana )
- Barasaze
- Ngo uyu mwana ntg azakumara ifemba rya december
Chorus
- Umara imbeho
- Kesho na Leo
- Mvugiriza imanda
- Ndumva byenda gupanda
- Erega iby’ejo
- Bibara ab’ejo
- Wikwinemfaguzwa
- Kdi numva nenda gupfa
Verse 3
- Umara imbeho
- Kesho na Leo
- Uzamura sentiments sana kdi sana
- Erega iby’ejo
- Bibara ab’ejo
- Wikwinemfaguzwa
- Kdi numva nenda gupfa
Verse 4
- Mpa care
- Hata care nka mayor
- Aah
- Ba fair
- Rekana n’abafera
- Ey
- Mpa care
- Hata care nka mayor
- Aah
- Ba fair
- Rekana n’abafera
Outro
- Aya mahera umbonana nayo nayaguha
- Ibyawe nibyo byanjye